Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 January 2026 5:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu buryo bwemewe kandi bweruye, Perezida Guinée équatoriale witwa Teodoro Obiang Nguema Mbasogo yatangaje ko Umurwa mukuru w’igihugu cye utakiri Malabo ahubwo ari Ciudad de la Paz.

Ni umushinga watangiye mu mwaka wa 2008, umurwa mukuru mushya ukaba uherereye mu Ntara ya Djibloho mu Burasirazuba bw’igihugu.

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Perezida wa Guinée équatoriale rigira riti: “Ciudad de la Paz [Umujyi w’amahoro], mu Ntara ya Djibloho, ubu niwo Murwa mukuru wa Repubulika ya Guinée équatoriale.”

Umujyi wa Ciudad de la Paz uri mu ishyamba rigari rya équatoriale, kuwubaka ukaba umushinga watangijwe na Perezida Teodoro Obiang Nguema hari mu mwaka wa 2008.

Mu itangazo ryavuye mu Biro by’Umukuru w’igihugu, handitsemo ko inzego zose za Leta n’iziyishamikiyeho zigomba kuba zimuriye imirimo mu Biro byabyo biri muri uwo Murwa mushya.

Guinée équatoriale ni igihugu gituranye na Gabon, Cameroun, kigakora no ku nyanja ya Atlantique, kikaba giherereye muri Afurika yo Hagati.

TAGGED:featuredGuineeKwimuraPerezidaUmurwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Inzu Z’Abapolisi Zahawe Inkongi
Next Article Ngoma: Inkuba Yishe Abantu Icyenda Barimo Abana Babiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?