Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko u Rwanda rwifuza gukingira abantu benshi bashoboka, ku buryo inkingo zigenewe abana bafite hagati y’imyaka 5-11 nizijya ku isoko...
Guverinoma y’u Rwanda yavuguruye amabwiriza ajyanye no gukumira ubwiyongere bw’icyorezo cya COVID-19, aho mu Mujyi wa Kigali ibirori byose no kwiyakira bijyanye n’iminsi mikuru bibujijwe. Ni...
Ikigo cyakoze urukingo rwa COVID-19 kitwa AstraZeneca cyatangaje ko cyamaze kwemererwa gushyira ku isoko umuti witwa Evusheld (tixagevimab co-packaged with cilgavimab) wongerera umubiri ubudahangarwa ku cyorezo...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko igipimo cya COVID-19 gitanga ibisubizo bicukumbuye kizwi nka PCR (polymerase chain reaction), kigiye kujya cyishyurwa 30,000 Frw, kivuye ku 47,200 Frw. Ni...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko imiterere y’icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda itari icyifashe neza nk’uko byari bimaze iminsi, ku buryo hari hakeneye kugira igikorwa....