Indwara Y’Ubuganga Ntibuza Abaturage Kurya Inyama Z’Amatungo Ayirwaye

Nubwo mu Ntara y’Uburasirazuba n’ahandi mu Turere dutunze amatungo kurusha utundi, havugwa ubuganga, ntibibuza bamwe mu bahatuye kurya inyama z’amatungo ayirwaye. Ubuganga bwatumye Leta yanzura ko nta matungo arisha agomba gutembera, kuribwa cyangwa kugurishwa mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ryayo no kurinda abaturage kwanduzwa nayo. Umunyamakuru wa Taarifa Rwanda ukorera mu Burasirazuba avuga ko hashize … Continue reading Indwara Y’Ubuganga Ntibuza Abaturage Kurya Inyama Z’Amatungo Ayirwaye