Hari ibihugu by’Afurika byigiranye amasezerano n’ibigo byo mu Burayi n’Amerika bitanga serivisi z’umutekano ngo bize kuwurindira muri Afurika. Aba bacanshuro bica abaturage ba biriya bihugu bashinjwa...
Mu bwami buto buri mu Majyepfo y’Umugabane W’Afurika bitwa e-Swatini hari imidugararo y’abaturage bavuga ko barambiwe ubwami, ko bashaka Repubulika. Ese bazabigeraho? Hari abemeza ko icyo...
Abantu bane bagize uruhare mu kwica umunyamakuru wa The Washington Post Jamal Kashoggi muri 2018 batorejwe muri Leta zunze ubumwe z’Amerika nk’uko byatangajwe na The New...
N’ubwo ‘akabura ntikaboneke ari Nyina w’umuntu’, Se w’umuntu nawe ni ntagereranywa mu guha abana be indangagaciro zizabaherekeza ubuzima bwose. Kuri uyu wa 20, Kamena, ubwo Isi...
Hari abanyamahanga cyangwa Abanyarwanda baba hanze yarwo bavuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda budakoresha Demukarasi, bakabishingira ku mpamvu z’uko ibyemezo bifatwa biba ‘bidahuje n’uko bo babona ibintu.’...