Ubuvugizi bw’ingabo za Uganda buherutse gutangaza ko ubwo zageraga mu birindiro bikuru by’abarwanyi ba ADF biri ahitwa Kambi Ya Yua, zasanze bariya barwanyi barazinze utwabo bahasiga...
Mu buryo bitaga ko ari ibanga, abakozi bo mu rwego rw’iperereza rya gisirikare rya Uganda bateguye umubonano w’Umuyobozi wabo Major General Abel Kandiho na Kayumba Nyamwasa...
Nk’uko bwabisezeranyije abasomyi ba Taarifa, ubwanditsi bwasohoye inyandiko ya gatatu muri nyinshi z’uruhererekane zizasohoka zerekana uko ubutegetsi bwa Uganda buhagarariwe na Perezida Museveni budashakira u Rwanda...
Hafi rwagati mu Ugushyingo, 2021, hari abaturage bo mu Turere twa Rutsiro, Ngororero, Nyabihu na Rubavu bitakambiye Taarifa ngo ibavuganire ku nzego za Leta zirebe uko...
Mu mwaka wa 1998 ibintu ntibyari byifashe neza namba muri Zaïre. Ni Repubulika ya Demukarasi ya Congo y’ubu. Muri uriya mwaka ibintu byaracikaga muri kiriya gihugu,...