Yashinjwe ko CMI yibasiye benshi igendeye ku bwenegihugu Imitungo ye n’inyungu ze byakumiriwe muri Amerika CMI yashinjwe iyicarubozo ryateye ubumuga cyangwa urupfu Ibimenyetso bya Amerika bihura...
Iyi ni inkuru ya kabiri ivuga ku mateka hagati y’u Rwanda na Uganda cyane cyane ayabanjirije n’ayakurikiye Intambara yo kubohora u Rwanda. Ni amateka muri rusange...
Ni kenshi u Rwanda rwagaragaje ko Uganda icumbikiye ndetse ifasha imitwe igamije kuruhungabanyiriza umutekano, ariko ikabihakana. Gusa uko bwije n’uko bukeye ibimenyetso birushaho kujya ahabona, bigahamya...
Uru ni urubanza ruregwamo umunyemari Uwemeye Jean Baptiste ufite ikigo yise ECOAT Ltd. Uyu munyemari yigeze gutsindira isoko ryo gusana umuhanda wa Muhanga- Karongi w’ibilometero 74...
Hashize igihe gito byanditswe henshi ko abarwanyi ba M23 bagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri mu bice bya Pariki ya...