Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Israel Na Hezbollah Batangiye Agahenge Basabwe Na Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hezbollah Batangiye Agahenge Basabwe Na Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 November 2024 9:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu ingabo za Israel n’abarwanyi ba Hezbollah bahagaritse imirwano yo mu ntambara igiye kumara amezi atatu.

Saa kumi za mu gitondo ni ukuvuga saa munani ku isaha mpuzamahanga nibwo ishyirwa mu bikorwa ry’ako gahenge ryatangiye.

Nyuma y’uko bumvise iby’ako gahenge, hari abaturage ba Lebanon batangiye gutaha mu ngo zabo gusa Israel yababwiye ko badakwiye kubihubukira kuko Lebanon yose ikiri ahantu hateje akaga.

Hari abahanga bavuga ko Hezbollah ishobora kwigamba iby’uko Israel yamaze gucika intege, ariko bakemeza ko ntacyo byayimarira kuko bigaragara ko Israel itararangiza ibitero byayo.

Ndetse ngo mbere y’uko ako gahenge gatangira, ingabo za Israel zarashe ibisasu byinshi mu bice bya Lebanon.

Amerika niyo yasabye ko impande zihanganye ziba zisubije inkota mu rwubati.

Hafi mu mezi atatu ashize, nibwo Israel yatangije intambara muri Lebanon nyuma y’igihe Hezbollah yari imaze irasa muri Israel.

Iyo ntambara imaze guhitana abantu 3,500 abagera kuri miliyoni bavanywe mu byabo.

Hari icyizere ko aka gahenge kaba intandaro yo kurangiza intambara ariko nanone ibibazo Lebanon ntibirashira.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Na Congo Bongeye Kwiyemeza Kurandura FDLR
Next Article U Rwanda Rwashyikirije Ubuhinde Umuturage Wabwo Ukekwaho Iterabwoba
- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuyobozi Mu Ngabo Za Jamaica Yasuye RDF Ikorera Muri Iki Gihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Intambara Ya Dipolomasi Hagati Ya Israel Na Afurika Y’Epfo Irafata Indi Ntera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Abantu 200 Bishwe N’Ikirombe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?