Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 January 2026 12:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye Karongi no mu turere baturanye baraye bitabiriye iraswa ry’umwaka, bikaba bibaye ubwa mbere mu mateka y’aka Karere.

Abo baturage bavuga ko Akarere kabo gasanzwe ari ak’ubukerarugendo bityo ko kuba harasiwe ibishashi byerekana ko n’abandi babona ko ubwo bukerarugendo bukwiye gukomeza kwitabirwa.

Hari uwagize ati: “Hano tubonye ibyiza, turakangurira abantu kurushaho kuza gusura Karongi.”

Karongi ni Akarere gakikijwe n’ikiyaga cya Kivu, ibintu bituma kaberana n’ubukerarugendo.

Ibi byatumye kubakwamo Hoteli 14 zishobora no kwiyongera.

Ntwali Janvier uhagarariye abafite za Hoteli muri aka Karere yabwiye RBA ko mu mwaka wa 2025 bungutse bifatika.

Avuga ko ababasuye barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga.

Ntibitura Jean Bosco uyobora Intara y’Uburengerazuba avuga ko ibigerwaho muri ako gace biterwa ahanini n’uko gatekanye.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare
Next Article Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Bunyoni Ararembye

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?