I Bujumbura haravugwa indwara ya macinyamyambi (le cholera) yibasiye abaturage. Ni indwara iterwa no kurya cyangwa kunywa ibintu bifite udukoko twanduza amara. Uyirwaye arangwa no guhitwa...
Nyuma y’ibiganiro byabaye hagati ya Minisitiri w’Intebe wa Niger hamwe n’ubuyobozi bw’Ubufaransa, byatangajwe ko ingabo z’iki gihugu ziri hagati y’abantu 1200 na 1500 zitangira kuva muri...
Abafata ibyemezo muri Niger batangaje ko guhera mu ntangiriro za Nzeri, 2023 igiciro cya Iranium idatunganyije icukurwa muri iki gihugu kizamutse. Cyavuye ku mafaranga y’ama CFA...
Ubucamanza bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwataye muri yombi umwe mu basirikare bakuru barinda Umukuru w’igihugu. Afunganywe n’undi uyobora ingabo zikorera i Goma....
Umugabo uherutse kugenwa ngo ahagararire u Rwanda muri Kenya ari we Ambasaderi Martin Ngoga yaraye ahaye Perezida w’iki gihugu inyandiko zimwemerera gutangira imirimo. Nyuma yo kuziha...