Muri iki gihe kwiga ni ingenzi kurusha guhinga kuko no guhinga bya kijyambere bisigaye bishingiye ku bumenyi bugezweho. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe uburezi ku isi ryemeza...
Umwe mu bakora mu miryango ya Sosiyete Sivile mu Rwanda witwa Evariste Murwanashyaka avuga ko abantu bagomba kwirinda kuzacyurira abana bafite ba Se bagaragaye ku rutonde...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Assoumpta Ingabire yavuze ko abakira abagana ibigo byita ku bahohotewe bitwa Isange One Stop Centers bagomba gukomeza gutanga serivisi...
Hari amakuru avuga ko muri Minisiteri y’ubutabera hari gutegurwa umushinga w’itegeko uzagezwa mu Nteko ishinga amategeko ugamije gusaba ko gusambanya abana bigirwa icyaha kidasaza. Ibyaha bidasaza...
Birababaje kubona abana baratereranywe ntibafashwe ngo bakire ihungabana batewe n’imibereho y’abantu bakuru mu kinyejana cya 21. COVID-19 nayo yaraje irabihuhura! Raporo yitwa The State of the...