Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa(operations) DIGP Felix Namuhoranye aherutse kubwira abapolisi boherejwe gutabara abatuye Intara ya Cabo Delgado ko intego y’u Rwanda ari...
Nyuma yo gukubitwa inshuro n’Abatalibani cyane cyane mu Majyaruguru ya Afghanistan, ingabo z’iki gihugu ziri kwisuganya ngo zirebe ko zakwirukana bariya barwanyi bamaze iminsi bazicanaho umuriro....
Isesengura: Kuri uyu wa Kabiri tariki 29, Kamena 2021 abarwanyi bo mu Ntara ya Tigray beguye intwaro biminjiramo agafu barwanya ingabo z’igihugu za Ethiopia. Kugeza ubu...
Nyuma yo gushinga ibirindiro muri Nigeria, mu bihugu bya Sahel( Mali, Burkina Faso…) na Mozambique, hari amakuru yakusanyijwe n’abashinzwe umutekano n’abashakashatsi yemeza ko Islamic State ishaka...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe gutabara imbabare Bwana Mark Lowcock yatangaje ko mu Majyaruguru ya Ethiopia mu Ntara ya Tigray inzara ica ibintu. Abantu bagize imiryango...