Nyuma y’uko mu Karere ka Muhanga abacuruzi bubakiwe isoko ariko ntiriremye, ubu mu Karere ka Karongi n’aho haravugwa isoko ryubakiwe abari basanzwe ari abazunguzayi, ariko ntibarirambyemo...
Umwe mu mishinga igamije kuzamura imibereho myiza y’abatuye Umujyi wa Kigali ni uwa Miliyoni Frw 727 zo kubaka ahantu hameze neza abazunguzayi bazacururiza. Icyakora hari ahigeze...