Abaturage bo mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, Umudugudu wa Muyange biyubakiye umuyoboro w’amazi ufite uburebure bwa 3,5km. Ni igisubizo bishatsemo nyuma y’igihe kirekire bavoma...
Mu Rwanda hatangijwe ubukangurambaga bugamije gukangurira abaturage gukoresha amazi neza kugira ngo abafashe kwirinda indwara ziterwa n’umwanda ndetse birinde na COVID-19. Buzakorwa ku bufatanye n’ikigo Water...
Abadepite, abakora mu Rwego rw’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta n’Abanyarwanda muri rusange bakomeje kwibaza iherezo ry’imikorere idahwitse y’Ikigo WASAC. Kubera ko bisa n’ibyananiranye ndetse bikaba byarananiye...
Mu rwego rwo gushyigikira iterambere ry’abaturage, ikigo gitanga serivisi z’ingufu z’amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba, Bboxx, cyashyikirije amavomo rusange atandatu abatuye Umurenge wa Ndera, mu Mujyi...
Jessica Kwibuka ni Umunyarwandakazi wasanze amazi ya WASAC abaturage bakoresha mu ngo agomba kurushaho kuyungururwa kugira ngo abe meza kurushaho, bituma azana ikoranabuhanga ryo kubikora. Abikora...