Muri Gashyantare, 2020, hari tariki 18, hari ibitero by’ikoranabuhanga byagabwe ku byuma bibika amakuru ya Guverinoma y’u Rwanda n’abikorera. Ni ibyuma bibitse amakuru ahitwa Data Center....
Mu mwaka wa 2013, Banki y’Isi yatangaje ko 80% by’ubukungu bw’u Rwanda icyo gihe bwari bushingiye ku buhinzi, kandi ubu buhinzi bwari bufite 39% by’umusaruro mbumbe...
Nyuma ya raporo iherutse gusohoka yerekana ko Madamu Kristalina Georgieva uyobora Ikigega mpuzamahanga cy’Imari( IMF) yashyize igitutu ku bakozi ba Banki Y’Isi yahoze ayobora(2017-2019)ngo bashyire u...
Urukiko rw’Ubucuruzi rwatesheje agaciro ikirego cy’uruganda Premier Tobacco Company Ltd rw’umuryango wa Assinapol Rwigara, warusabaga gutambamira cyamunara ya hoteli yabo igiye gukurishwa ngo hishyurwe umwenda bafitiye...
Igitutu kiri kuri Banki z’ubucuruzi mu Rwanda giterwa n’uko hari izindi Banki zo mu mahanga ziri gushora imari mu Rwanda bigatuma izo mu Rwanda zigomba gukora...