Mu nama y’Umushyikirano iri kubera mu Burundi( iwabo bayita Ikiyago) ubuyobozi bw’ingabo, Polisi n’ubwa Politiki bishimiye icyemezo Leta y’u Rwanda iherutse gufata cyo gufunga radio zakoreraga...
Dr Biruta Vincent, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 29, Werurwe, 2021 yahuye na Madamu Amira Elfadil, akaba ari Komiseri mu Muryango...
Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi. Niyo nama...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari umunyamabanga mukuru wa CommonWealth ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi itatu. Yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta. Aje kuganira...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta yaraye ayoboye Inama y’Abaminisitiri y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bagira ibyo banoza mu gutegura Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’’uyu Muryango...