Saa cyenda z’amanywa zirenzeho iminota micye nibwo abakobwa 20 baherutse gutoranywa ngo bahatire ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2022 bageze mu Karere ka Bugesera mu mwiherero...
Umwe mu bakobwa baharanira kuzambara ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2022 witwa Melissa Keza avuga ko yiyiziho ubwiza n’ubwenge. Ndetse ngo nta n’umuco...
Abo mu Mushinga See Far Housing bavuga ko bufite umugambi munini wo kubaka inzu zikodeshwa mu Bugesera, muri Kicukiro, muri Muhanga, muri Rusizi no muri Rubavu...
Imibare itangazwa kugeza ubu yerekana ko abantu 11 barimo abo mu Karere ka Gasabo n’abo mu Karere ka Bugesera ari bo bishwe n’inzoga Umuneza ikorwa n’Uruganda...
Abaturage bo mu Murenge wa Nyamata, Akagari ka Maranyundo, Umudugudu wa Muyange biyubakiye umuyoboro w’amazi ufite uburebure bwa 3,5km. Ni igisubizo bishatsemo nyuma y’igihe kirekire bavoma...