Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyagaragaje ko muri ibi bihe ubukungu butifashe neza kubera icyorezo cya COVID-19. Bigaragazwa n’uko ibicuruzwa u Rwanda rwatumije mu mahanga...
Hasinywe amasezerano hagati ya Ambasade y’u Rwanda iyobowe na James Kimonyo na Leta y’u Bushinwa yemerera u Rwanda kujya rugurisha mu Bushinwa urusenda ruseye. Ambasaderi James...
Polisi Mpuzamahanga ikorera i Lyon mu Bufaransa yaburiye Isi cyane cyane ibihugu bikennye ko abagizi ba nabi bafite umugambi wo gukora no kugurisha inkingo za COVID-19...
Icyorezo COVID-19 cyadutse mu mpera za 2019, gitangirira mu Mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei mu Bushinwa. Kuva cyaduka kimwe mu bibazo cyateje harimo n’uko...
Umugabo witwa William Burns niwe Perezida Joe Biden ashaka gushinga CIA. Burns yavuze ko uko byagenda kose USA itagomba kujenjekera u Bushinwa kuko ari ikibazo ku...