Leta ya Kenya yasinyanye n’iy’u Bushinwa amasezerano y’uko izajya ibwoherereza amafi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bushinwa uri...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango FPR-Inkotanyi Bwana François Ngarambe ashima uko u Burusiya buyobowe akavuga ko mu myaka 20 ishize bwerekanye ko bushoboye kuzahura ubukungu n’imibereho myiza y’ababutuye....
Tariki 29, Ugushyingo, 2021 i Dakar muri Senegal hatangiye Inama ihuza u Bushinwa n’Afurika, yitwa FOCAC. Ni inama iba buri myaka itatu, igamije kunoza umubano w’Afurika...
Leta y’u Bushinwa ihagarariwe na Ambasaderi wabwo mu Rwanda Hon Rao Hongwei yashyikirije u Rwanda inyubako ivuguruye y’Ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro, IPRC, rikorera i Musanze. Ni inyubako...
Nibwo butumwa bw’ingenzi bukubiye mu biganiro byaraye bihuje Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping na Joe Biden uyobora Amerika. Icyakora Perezida Xi niwe wabwiye mugenzi we ko...