Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambera, RDB, bwahuye n’abanyemari bakomeye mu Rwanda baganira uko bakwitegura kuzabyaza umusaruro inama zitandukanye ziri hafi kubera mu Rwanda, zirimo ikomeye ya...
Perezida Kagame yaraye ageze mu Birwa bya Barbados nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu yari amazemo muri Jamaica. Ku rubuga rw’Ibiro bye handitseho ko akigera ku kibuga cy’indege...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bufatanyije n’inzego z’umutekano hamwe n’abafatanyabikorwa bako batangije ubukangurambaga mu Karere kose bugamije kongera isuku hitegurwa CHOGM. Ku rwego rw’Akarere ni igikorwa cyatangirijwe...
Kuri uyu wa Mbere Taarifa yasanze hari abakozi b’Urwego rwunganira mu by’umutekano w’Akarere,DASSO, bari gukura Kiosque ya MTN hamwe muho yari imaze igihe. Umwe mubafite Kiosque...
Perezida Paul Kagame n’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth), Patricia Scotland, bemeje ko inama y’abakuru b’ibihugu na guverinoma bigize uyu muryango izwi nka CHOGM, izabera...