Imibare y’abandura COVID-19 igaragaza ko hari abakingiwe ariko bakomeje kwirara, ku buryo imibare y’abandura ikomeje kuzamuka uko bwije n’uko bukeye. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, Dr...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro n’abakora ibikoresho bipima COVID-19, ku buryo mu minsi mike ibiciro byo kwipimisha...