Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Félix Tshisekedi yaraye ageze i Nairobi. Byitezwe ko kuri uyu wa Gatanu taliki 08, Mata, 2022 ari businye ku...
I Arusha muri Tanzania kuri uyu wa Gatandatu hateranye inama yahuje abayobozi mu bihugu birindwi bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba ngo baganire uko banoze imikoranire mu...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yakiriwe mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ari ikintu cyo kwishimirwa. Kagame yashimiye n’Abakuru b’ibindi bihugu...
Kuri uyu wa Kabiri Taliki 29, Werurwe, 2022, haraterana Inama y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’u Burasirazuba. Biteganyijwe ko bari bwige kandi bacyemeza ko Repubulika...
Raporo yiswe African Integration Report yasohowe n’Ibiro by’Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, yerekana ko mu miryango y’ibihugu by’Afurika byishyize hamwe ngo bitezanye imbere, ibigize EAC ari...