Imyaka ibiri irashize Uturere twa Bugesera na Gisagara twunganiwe na Croix Rouge mu bijyanye n’imbangukiragutabara zifashishwa mu gutwara indembe, ndetse ibimenyetso bigaragaza ko ubu bufatanye burimo...
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro ku isoko byazamutseho 2% muri Werurwe, mu gihe muri Gashyantare byari byazamutseho 1.6%. Icyo kigo kivuga ko iryo...
Nyuma y’uko Intambara yongeye kwaduka mu gace ka Masisi na Rutshuru mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, inyeshyamba zikaba zari zimaze iminsi zarigaruriye ibice...
Leta y’u Rwanda igiye guhabwa izindi nkingo 100,620 za Pfizer, muri gahunda mpuzamahanga yo gufasha ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kubona inkingo za COVID-19, COVAX. Kuri...
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyoni € 78 – miliyari zigera kuri 90 Frw – azashyirwa mu bikorwa birimo kwegereza abaturage ubuyobozi, imiyoborere...