Minisiteri ya Siporo yatangaje ko imyitozo n’imikino muri shampiyona z’icyiciro cya mbere byakomorewe, ariko amashyirahamwe y’imikino azajya abanza kubisabira uburenganzira, agaragaze uko azirinda COVID-19. Imikino mu...
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM) yasabye Abanyarwanda kwirinda gukorana n’ikigo CENTURY HENG YUE (CHY), cyiyandikishije mu Rwanda nk’ikigo gikora ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga ariko kigatangira gukora ubucuruzi bw’uruhererekane...
Ikigega The Rise Fund kigiye gushora miliyoni $200 mu kigo Airtel Mobile Commerce BV (AMC BV) gicunga serivisi zo kubitsa no kohererezanya amafaranga kuri telefoni ngendanwa...
Dr Christopher Kayumba ni umwe mu bahanga bakomeye mu itangazamakuru no kuryigisha mu Rwanda. Aherutse gusohora itangazo rigenewe abanyamakuru rivuga ko yashinze ishyaka rya Politiki, yise...
Perezida Paul Kagame yashyizeho igihe cy’icyunamo mu Rwanda kugeza ku munsi Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli azashyingurirwa, amabendera yose akururutswa kugeza hagati. Kuri uyu wa...