Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu nibwo Abanyatanzania bamenye inkuru y’akababaro ko Perezida John Pombe Magufuli yitabye Imana ku myaka 61. Yari amaze iminsi arwariye...
Ubunyamabanga Bukuru bw’umuryango w’Africa y’I Burasirazuba bwatangaje ko bwifatanyije n’abaturage ba Tanzania mu gahinda batewe n’urupfu rwa Dr John Pombe Magufuli waraye apfuye ‘azize umutima.’ Leta...
Umukobwa wigishijwe na Dr Kayumba Christopher muri Kaminuza y’u Rwanda yamushinje ko yamusabye ko baryamana, yabyanga undi akagerageza kubimukoresha ku gahato ubwo bari iwe mu rugo....
Leta ya Tanzania yemeje ko John Pombe Magufuli wari perezida wa gatanu w’icyo gihugu yitabye Imana ku myaka 61. Urupfu rwe rwatangajwe na Visi Perezida Samia...
Abasenateri bagaragaje impungenge ko igikorwa cyo kwandika mu mutungo wa leta ubutaka abaturage batandikishije, kidashingiye ku itegeko cyangwa ibwiriza kandi kigira ingaruka ku baturage. Kuri uyu...