Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa 18 Nyakanga hatangira gahunda yo gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye, mu midugudu igize Umujyi wa Kigali n’Uturere...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imiryango yabaruwe ko izakenera ibiribwa muri guma mu rugo igera ku bihumbi hafi 211, bikazatangwa hagendewe ku mubare w’abagize umuryango. Kuri...
Imiryango 144 igizwe n’abantu 685 yatujwe mu Mudugudu w’Icyitegererezo wa Kinigi mu Karere ka Musanze, nka kimwe mu bikorwa bijyanye no kwizihiza ku nshuro ya 27...
Kuri uyu wa Kabiri hafashwe ibyemezo bikomeye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani, aho ibiro bya leta n’abikorera, amashuri, insengero n’amakoraniro byafunzwe, kubera izamuka rikabije...
Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Mbere yaraye ikomoreye imihango yo gusaba, gukwa no kwiyakira bijyanye n’ubukwe, ibikorwa byari bimaze igihe bibujijwe ndetse byatumye benshi bafatwa...