Abanyarwanda bafite ibyago byo kwandura COVID-19 kurusha abandi bitewe n’ubwoko bw’akazi bakora birakomeje. Ubu hatahiwe abacururiza mu masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali. Amafoto Taarifa...
Byemejwe na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda. Ivuga ko ibizahinduka ku mabwiriza ko kwirinda COVID-19. Bizaganirwaho hamaze gukingirwa nibura 60% by’Abanyarwanda. Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel, mu...