Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr Géraldine Mukeshimana avuga ko Guverinoma y’u Rwanda itazaha nkunganire abahinzi bazatumiza imbuto hanze kandi ngo u Rwanda mu gihembwe cy’ihinga A ntizatumiza...
Abaturage bo mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko nyuma y’ibitero byavaga mu Burundi bikababuza amahwemo ndetse bamwe bakicwa, ubu babayeho neza, bejeje...