Mu Burusiya, Singapore, mu Bushinwa, Australia n’ahandi ku isi, abantu baraye ku mirongo bategereje ko amaduka ya Apple acuruza Telefoni za i Phone afungura ngo babe...
Hasigaye iminsi ine ngo muri California hatangarizwe telefoni ya iPhone 13 izaba ifite ubushobozi bwo gukorana n’icyogajuru k’uburyo umuntu ashobora guhamagara cyangwa kohereza ubutumwa bitabaye ngombwa...
Umuyobozi mukuru wa Facebook Mark Zuckerberg yatangaje ko ikigo cye cyakoze amataratara afite cameras ebyiri, utwuma dukurura amajwi…akagira n’ubushobozi bwo guhuza ayo majwi n’amashusho na telefoni...
Kubera ko abantu muri rusange basanzwe bamenyereye gukora amagambo y’ibanga( passwords) mu buryo bwo kuvanga imibare n’inyuguti, ubu abajura bakoresha ikonabuhanga bamaze kubivumbura, iyo ikaba ari...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma Dr Vincent Biruta yavuze ko u Rwanda rutigeze na rimwe rukoresha ikoranabuhanga rya Pegasus runeka abarutuye. Ngo...