Mu Biro bye Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’Ihuriro mpuzamahanga ry’ibigo by’imari. U Rwanda rwagiye muri iri huriro mu mwaka wa 2020. Ryashyizweho ku bufatanye...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda, Rwanda Private Sector Federation, butangaza ko muri manda bwaraye butorewe, buzibanda kwagura imikoranire na bagenzi babo bo mu...
Nyuma yo kwakira umuyobozi w’Ishami rishinzwe itumanaho mu Kigo mpuzamahanga kita ku itumanaho ku isi witwa Doreen Bodgan- Martin, Perezida Kagame yakiriye Tidjane Thiam uyobora Ikigo...
Ubuyobozi bw’Ikigo Kigali International Finance Center( KIFC) buvuga ko hari abashoramari bazaturuka muri Luxembourg na Suède bashaka kugishomiramo imari. Iki kigo kitezweho kuba intangarugero mu micungire...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari wakigereranya n’uruganda abahanga mu bukungu bakomeye bifuza gukorera kugira ngo bagire uruhare muri Politiki zigenga imari n’ubukungu ku isi. Ni ikigega cyashinzwe mu...