Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ubutegetsi n’mari DIGP/AF Jeanne Chantal Ujeneza yaraye yakiriye abakinnyi bakina imikino itandukanye muri Polisi y’u Rwanda, ababwira ko...
Ntabwo ibyiza bya Siporo bigarukira ku guha umubiri w’uyikora uburyo bwo guhumeka neza gusa cyangwa ngo itume amakipe yinjiza akayabo, ahubwo ihuza n’abasanzwe bafite ibyo bapfa....
Minisiteri ya Siporo mu Rwanda yaraye isohoye itangazo rimenyesha Abanyarwanda bose ko Shampiyona y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ya 2020/2021 igaharitswe. Byatewe n’uko amakipe yayikinaga atakurikije ibyo yemeranyijwejo...