Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu babiri batawe muri yombi bakekwaho guhimba imashini zisohora inyemezabuguzi z’ikoranabuhanga zimenyerewe nka EBM, bakazifashisha mu mugambi wabafashije kunyereza imisoro irenga miliyoni...
Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cy’u Rwanda cyabwiye Taarifa cyamaze gufatira imitungo yose y’ikigo kitwa Aldango LTD gifite 50% y’imigabane y’abashoramari b’i Dubai kubera ko kitishyuye imisoro...
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko mu mwaka w’isoresha wasojwe ku wa 30 Kamena cyakusanyije miliyari 1643.3 Frw, kigera ku ntego cyari cyahawe ku gipimo cya...
Abakire bakomeye muri Amerika barimo na Warren Buffet baravugwaho kunyereza imisoro n’amahoro mu bihe bitandukanye. Bitangazwa n’ikinyamakuru kitwa ProPublica kizwiho gucukumbura inkuru. Abazwi muri abo bakire...
Abasoreshwa b’Abanyarwanda baragirwa inama yo kwirinda gutinda kumenyekanisha umusoro no kuwutangira igihe kuko iyo bitagenze uko, abatarabikurikije bahura n’ibibazo birimo amande cyangwa gufungirwa ubushabitsi. Bwana Jean...