Mu rwego rwo gufasha Leta y’u Rwanda mu muhigo wayo wo kugabanya ibyuka bihumanya ikirere, Ikigo gikwirakwiza telefoni zigendanwa kiganatanga serivisi z’itumanaho, MTN ishami ry’u Rwanda,...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 10, Ukuboza, 2021 ubwo u Rwanda rwifatanyaga n’amahanga kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’uburenganzira bwa muntu, Umuyobozi wa Ihuriro rya Sosiyete sivili mu...
Bakirangiza Kaminuza basanze ari ngombwa guhanga akazi kugira ngo bagahe n’abandi. Imwe muri serivisi baha abantu harimo iyo guparika imodoka zabo bidasabye abazizanye kujya kurwana nazo...
Abapolisi bo mu ishami rishinzwe kurwanya ubucuruzi bwa magendu n’ibindi byaha (ASOC), ku wa Gatanu bafashe abantu babiri barimo uw’imyaka 38 n’undi wa 37, bakekwaho kwiba...
Muri gare ya Nyamata, imodoka yo mu bwoko bwa Hiace isanzwe itwara abagenzi irahiriye. Yari igiye kwifashishwa mu gutwara abanyeshuri bari kujya gitangira amasomo. Nta muntu...