Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yavuze ko Abanyarwanda bazakingirwa mu byiciro bitewe n’uburyo inkingo zizajya ziboneka. Hari mu kiganiro yahaye Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, RBA. Minisitiri w’Ubuzima,...
Inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zahuje imbaraga mu guhiga no gufata abantu bakora mu bigo by’ubushakashatsi bikora inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge bakazigurisha. Hari impungenge ko...
Niyoyita Peace atuye mu Kagari ka Cyugaro, Umurenge wa Ntarama, mu Karere ka Bugesera ari n’aho yororera ingurube. Avuga ko n’ubwo ubworozi bwazo bwungura ubukora, ariko...