Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwafunguye icyumba abana bafitanye ikibazo n’ubutabera bazajya babarizwamo bisanzuye. Abagenzacyaha babihuguriwe bazajya babaza abana mu buryo bwa gihanga kugira ngo bavuge ikibarimo bisanzuye....
Abakobwa biga mu kigo cy’abakobwa kiri ahitwa Maranyundo mu Karere ka Bugesera bamenye ko bagenzi babo ( ibyo bita ikigare), n’imbugankoranyambaga ari bimwe mu bibashora mu...
Ni amakuru yatanzwe na bamwe mu bana biga mu Rwunge rw’amashuri rwitiriwe Mutagatifu Aloys ruri i Rwamagana ubwo bari basuwe n’ubuyobozi bukuru bw’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha,RIB. Ku...
Madamu Isabelle Kalihangabo, akaba ari Umuyobozi wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha yaganirije abanyeshuri bo muri Lycée de Kigali abagira inama zo kwirinda ibyaha birimo no kuba basambanya...