Umusomyi wa Taarifa yatwandikiye agira ngo dutambutse inyandiko ye yanditse agira abahanzi Ariel Wayz na Juno Kizigenza inama mu rukundo rwabo rumaze iminsi ruhwihwiswa. Mu nyandiko...
Mu minsi ishize hari amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga abaturage barwana n’abakozi Urwego rushinzwe gufasha mu gucunga umutekano mu Karere( DASSO). George Safari wo mu Karere...
N’ubwo Leta y’u Rwanda ikomeje koroshya ingamba zari zarakajijwe mu mezi yashize mu rwego rwo kwirinda COVID-19, umwe mu batuye Umurenge wa Masaka avuga ko abantu...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, hari tariki 09, Ukwakira, 2021, abantu 113 barimo n’umuhanzi uri mu bakunzwe muri iki gihe witwa Ariel Wayz bafatiwe muri Kicukiro bishe...
Mu Karere ka Kicukiro niho habaye aha mbere mu Rwanda hakoreshejwe indege mu rwego rwo kwibutsa abaturage ko icyorezo COVID-19 kigihari bityo ko bagomba gukomeza ingamba...