Jean de Dieu Ngabonzima usanzwe uyobora Akagari ka Kinigi ko Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu yanditse ibaruwa asaba Ubuyobozi bw’Akarere gutesha agaciro indi avuga...
Mu rwego rwo gufasha abaturage kwisungana ngo abishoboye bafashe abatishoboye kwivuza, Leta y’u Rwanda yatangije uburyo biswe Mutuelle de Santé. Kuza ubu ubwitabire mu kuyitanga bwakomeje...
Ubwo yatahaga imidugudu yagenewe abaturage batishoboye iri mu murenge wa Masaka mu kagari ka Ayabaraya, mu Murenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Hon...
Umuryango w’abahoze ari Abanyeshuri ba za Kaminuza, Groupe des Anciens Etudiants Rescapés du Genocide( GAERG) wateguye igikorwa cyo kwibuka imiryango y’Abatutsi bazize Jenoside ntihagire urokoka. Nicyo...
Ku wa 17 Mutama 2019, Hategeka Augustin yishyuye itangazo kuri RBA arangisha ibyangombwa by’ubutaka bw’ikigo ‘ESCOM’, avuga ko byatakaye. Yaje kurikoresha kwa noteri w’ubutaka, asaba guhabwa...