Hari raporo iherutse gusohorwa n’ihuriro ry’abarimu bo muri Zimbabwe ivuga ko bagenzi babo boherejwe mu Rwanda ngo bafashe mu kwigisha Icyongereza babayeho nabi. Hashize amezi abiri...
Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, Eda Mukabagwiza ashima uko Umujyi wa Kigali ‘wihatira’ gukemura ibibazo bibangamiye imibereho y’abawutuye. Hon Mukabagwiza yabivuze nyuma y’ingendo yafatanyijemo...
Mu rwego rwo kwagura ibikorwa remezo mu Mujyi wa Kigali, ubuyobozi bwawo bwatangije icyiciro cya kabiri cyo kuwubakamo imihanda. Igiye kubakwa ubu ingana na Kilometero 70....
Niba ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubwikorezi kidatabaye ngo gisane vuba na bwangu igice kimwe cy’ikiraro cya Nyabarongo cyahengamiye uruhande rumwe, gishobora gusenyuka mu buryo bukomeye! Nicyo...
Urutonde rw’imihanda izakoreshwa muri Tour du Rwanda ya 2023 rugaragaraho undi muhanda mushya abazakina iri rushanwa bazakoresha. Uwo ni umuhanda wa Kigali Gisagara. Perezida wa FERWACY...