Mu gihe ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa hafi ya byose byazamutse mu giciro, amata niyo yari akiboneka ku giciro umuntu yakwita ko kiringaniye. Icyakora muri iki gihe abatuye...
Mu gihe no gukoresha mubazi ari ikibazo ku bamotari benshi kubera ko ngo zibahombya, ubu bategetswe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro ko...
Hari abantu bane Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi ibakurikiranyeho ubujura bakoreye abashyitsi bari bakiriwe muri Kigali Convention Center no muri Kigali Marriot. Abo bantu bafatanywe...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe isuku n’Isukura, WASAC, bwatangaje ko guhera Taliki 10 kugeza Taliki 12 henshi mu Mujyi wa Kigali hagiye kubura amazi. Muri icyo...
Mu rwego rwo kwagura Stade Amahoro no gutunganya aho iherereye, hari gahunda y’uko inyubako isanzwe ikoreramo ikicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali ( Central region)...