Mu butumwa buto yaraye ashyize kuri Twitter yifatanya n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ko buri tariki 07, Mata, 2021 ari...
Nyuma y’uko hasohotse inyandiko irimo ibyo abanyamateka b’Abafaransa batangaje ko birimo kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yabanjirije Jenoside yakorewe Abatutsi, Jenoside ubwayo na nyuma yayo...
Tariki 18, Gicurasi, 2021 biteganyijwe ko Perezida Paul Kagame azitabira inama izahuriza Abakuru b’ibihugu by’Afurika n’u Bufaransa kugira ngo baganire ku izanzamuka ry’ubukungu bw’Afurika. Jeune Afrique...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yaraye afashe ibyemezo byo gukumira ko abaturage be bakomeza kwandura COVID-19 bakomeza kwandura COVID-19 . Muri byo harimo ko abatuye mu...
Umunyamabanga Mukuru W’Umuryango w’Ibihugu bivuga Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo yaraye ahuye na Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron baganira ku iterambere ry’uriya muryango. Bombi baherukanaga ubwo Mushikiwabo...