Mu minsi ishize hari amashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga abaturage barwana n’abakozi Urwego rushinzwe gufasha mu gucunga umutekano mu Karere( DASSO). George Safari wo mu Karere...
George Safari ni umuturage wo mu Karere ka Nyagatare umaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga mu mashusho yafashe mu ijosi umwe mu ba DASSO. Mu rukiko yaraye...
Kuri uyu wa Gatanu tariki 03, Nzeri, 2021 mu Karere ka Nyagatare hatangijwe ihuriro ry’urubyiruko rwahuguriwe kuba imboni ku mipaka ihuza Nyagatare, uturere bituranye ndetse na...
Amakuru Taarifa ikesha umunyamakuru wa Flash FM wakurikiranye iburanisha ry’urubanza rwa mbere hagati ya mugenzi we bivugwa ko yakubiswe n’Umukuru w’Umudugudu, umushinjacyaha yavuze ko Komanda wa...
Mu masaha ari imbere hagiye gutangira urubanza rw’Umukuru w’Umudugudu wa Rubona, Akagari ka Rwisirabo, Mu Murenge wa Karangazi witwa Sam Kalisa uregwa gukubita umunyamakuru wa Flash...