Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko ingendo z’indege hagati y’iki gihugu n’ibindi byo mu Majyepfo ya Afurika zisubitswe, nyuma y’uko icyo gice gikomeje kugaragaramo ubwoko bushya virus...
Perezida Paul Kagame yayoboye inama idasanzwe y’abaminisitiri, yitezweho ingamba nshya zo guhangana na virus yihinduranyije itera Covid-19 yiswe Omicron. Ni Coronavirus Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...