Ibi bihugu by’ibituranyi bimaze igihe kirekire bitumvikana, ariko muri iki gihe ibintu bigeze ku yindi ntera. Algeria irashinja Maroc kwica abaturage bayo ikoresheje bombe, Maroc ikabihakana....
Mu ijambo yagejeje ku Bakuru b’ibihugu bateraniye muri G20 iri kubera i Roma mu Butaliyani, Perezida Kagame yavuze ko umugabane w’Afurika ufite umugambi w’uko mu mwaka...
Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia yemeje ko Abiy Ahmed ari we watorewe kongera kuyobora Ethiopia muri Manda y’imyaka itanu iri imbere. Yaraye arahiriye kongera gukora iriya...
Muri Mozambique haherutse gutangizwa urubanza bivugwa ko ibirukubiyemo bivugwa ku bantu bakomeye barimo na Perezida wayo Filip Nyusi ndetse n’umuhungu w’undi mugabo wayoboye kiriya gihugu witwa...
Abdelaziz Bouteflika yayoboye Algeria guhera mu mwaka wa 1999 kugeza mu mwaka wa 2019 yapfuye nyuma y’imyaka hafi itatu akuwe ku butegetsi kubera ko atari agishoboye...