Kubera ko ingamba zo kwirinda icyorezo COVID-19 muri iki gihe zisaba abacuruzi n’abandi gufunga serivisi saa kumi n’imwe z’umugoroba, abacuruzi by’umwihariko bagomba kuba maso kuko hari...
Mu bwami buto buri mu Majyepfo y’Umugabane W’Afurika bitwa e-Swatini hari imidugararo y’abaturage bavuga ko barambiwe ubwami, ko bashaka Repubulika. Ese bazabigeraho? Hari abemeza ko icyo...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko mu minsi ine ishize hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda COVID-19 harimo na Guma mu Karere na Guma mu Mujyi wa Kigali,...
Ibi bigaragazwa n’ubwinshi bw’amafaranga abarwa iyo ibiyobyabwenge byafashwe na za Polisi zo hirya no hino ku isi. Urugero ni ibiyobyabwenge byafashwe na Polisi ya Turikiya mu...
Abatuye ibice bimwe na bimwe by’Umujyi wa Kigali bazindutse basanga hari imihanda ifunzwe. Umunyamakuru wa Taarifa yasanze zimwe mu modoka zitwara abagenzi zabuze aho zinyura ndetse...