Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze...
Hoteli 13 na resitora 40 zimaze kujya ku rutonde rw’izigomba kwakira gusa abantu bipimishije COVID-19 bagasanga ari bazima, nk’uko bigaragazwa n’amabwiriza mashya ya Minisiteri y’Ubuzima n’Urwego...
Nyuma y’uko hari abatuye Umujyi wa Kigali benshi batangaza ko barwaye cyangwa barwaje ibicurane ndetse bamwe bakabyandika kuri Twitter, Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima kirabagira inama yo kwisuzumisha...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko ubwandu bwa malaria ku mwaka bukomeje kugabanyuka kimwe n’imibare y’abahitanwa nayo, ku buryo mu mwaka ushize wa 2020 abazize iyo...
Ni umubare uri hejuru kuko bivuze ko mu Banyarwanda batanu, umwe aba afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe. Ubu bushakashatsi bwaraye butangajwe n’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima,...