Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yakiriwe na mugenzi we uyobora Senegal witwa Macky Sall mu ruzinduko yakoreye muri kiriya gihugu. Mu ruzinduko rwe harimo no...
Amakuru y’uko Stade Amahoro izagurwa ikongererwa ubwiza n’ubuso yatangiye gutangazwa bwa mbere n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imyubakire mu mwaka wa 2018. Hari amakuru avuga ko hagati ya...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko k’ubufatanye na Imbuto Foundation mu tugari tw’Umujyi wa Kigali no mu Midugudu yatoranyijwe, hagiye gutangira kubakwa ibibuga by’imikino itandukanye. Ni...
Umuhango wo gutangiza imikino Olimpiki watangijwe i Tokyo mu Murwa mukuru w’u Buyapani. Iyi mikino izabera muri Stade isa n’itarimo abantu kuko hazaba hari bake gusa...
Abafana ba Chelsea na Manchester City baraye bateranye ibipfunsi, imiteri, imitwe, intebe, ameza, amagare n’ibindi… Ni mu bushyamirane bwabahurije imbere ya Polisi igerageza kubakiza biranga. Ubu...