Guverinoma y’u Rwanda yemeye ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira by’igihe gito bamwe mu baturage bo muri Afghanistan, barimo guhunga nyuma y’uko icyo...
Ghani wahoze ayobora Afghanistan akaza kuyihunga nyuma yo kotswa igitutu n’Abatalibani yahungiye muri Oman nk’uko ibinyamakuru byo mu Burusiya bibitangaza. Yahunze ari muri Kajugujugu, atwaye amafaranga...
Perezida Ashraf Ghani wa Afghanistan yahunze igihugu, nyuma y’uko umutwe w’aba-Taliban wamaze gufata ibice byinshi by’igihugu, unazenguruka umurwa mukuru Kabul. Kuri iki Cyumweru muri icyo gihugu...