Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yafashe mu mugongo abaturage ba Tchad baherutse gupfusha Perezida wabo, Idriss Deby Itno. Uyu mugabo watangiye kuyobora Tchad muri 1990 yapfuye azize...
Nibwo bwa mbere guhera muri 2013 ubwo Boko Haram yatangiraga guteza umutekano muke, ivuzweho gukorana n’undi mutwe ngo bahirike ubutegetsi bw’i N’Djamena. Abarwanyi b’uyu mutwe baravugwaho...
Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu. Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021....
Komisiyo y’uburenganzira bwa muntu muri Niger yitwa la Commission nationale des droits humains (CNDH) yasohoye raporo ishinja ingabo za Tchad ziri mu kiswe G5 gufata abagore...
Perezida wa Nigeria Muhammadu Buhari na mugenzi we Tchad Idriss Deby Itno baraye bumvikanye ko bagiye guhuza imbaraga ikiyaga cya Tchad kikongera kubona amazi kuko kuba...