Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yemeye uruhare rw’igihugu cye mu mateka yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, agaragaza ko iki ari igihe cyo guharanira umurage...
Perezida Paul Kagame yageze i Paris mu Bufaransa, aho azitabira inama mpuzamahanga kuri Sudan n’indi izibanda ku gushyigikira ubukungu bwa Afurika muri ibi bihe by’icyorezo cya...
Raporo yamuritswe n’u Rwanda yagaragaje ko u Bufaransa bwagize uruhare mu gutuma Jenoside ishoboka, gusa bisobanurwa ko raporo igamije kugaragaza amateka, itagamije kugira abo ikurikiranaho ibyaha....
Inteko Ishinga amategeko y’u Bufaransa yatoye umushinga w’itegeko uteganya ko imyaka yemerera umuntu gukora imibonano mpuzabitsina ku bushake ari 15, bituma icyo gihugu gihuza imyaka n’ibihugu...
Guverinoma y’u Rwanda kuri uyu wa Mbere izamurika raporo ku ruhare rw’u Bufaransa mu bihe byagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, imaze iminsi...