Ibihugu bitandukanye bikomeje gusaba abaturage babyo kuva muri Ukraine, mu gihe hari ubwoba ko intambara ishobora kurota hagati y’icyo gihugu n’u Burusiya. Ni ibyemezo birimo gufatwa...
Mu Cyumweru gitaha biteganyjijwe ko ba Minisitiri b’ingabo z’ibihugu 30 bigize Umuryango wo gutabarana witwa OTAN/NATO bazahura bakicara bakemeranya icyo bagomba gukora ku kibazo cy’u Burusiya...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu muri Ukraine yatangaje ko umwe mu basirikare barinda Perezida wa Ukraine yarashe bagenzi be yicamo batanu, akomeretsa abandi batanu ahita acika. Uriya musirikare...
Itangazamakuru rya Leta y’u Burusiya rivuga ko abavuga ko buri gutegura ibitero karundura kuri Ukraine babeshya. Ubutegetsi bw’i Moscow buvuga ko imvugo iri gutambutswa n’ubutegetsi bw’i...
Inzego z’iperereza zo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika zivuga ko zifite amakuru ahagije yemeza ko ingabo z’u Burusiya ziri gutegura ibitero byeruye kuri Ukraine. Uretse no...