Ibipimo bishya by’imiyoborere mu Rwanda byagaragaje ko urwego rw’umutekano n’ituze ry’abaturage ari rwo ruza imbere kurusha izindi, aho rwagize amanota 95.47%. Ibipimo byatangajwe kuri uyu wa...
Duduzile Zuma umukobwa wa Jacob Zuma arashinjwa kuba nyirabayazana w’imyigaragambyo igiye kumara iminsi irindwi ica ibintu mu mijyi irimo na Johannesburg muri Afurika y’Epfo. Tweets ze...
Polisi y’u Rwanda yakiriye amahugurwa yateguwe n’Ishami rya Polisi y’Umuryango w’Abibumbye(UN Police) azamara iminsi itanu. Ku rubuga rwa Twitter ya Polisi y’u Rwanda handitse ko abitabiriye...
Abasirikare bakuru bashinzwe iperereza rya gisirikare ry’u Rwanda, u Burundi, Tanzania, Uganda na Congo-Kinshasa zahuriye i Bujumbura ziganira ku ngingo zirimo uko zafatanya ngo hagaruke umutekano...
Abarwanyi bagera ku 110 bo mu mitwe yitwaje intwaro irimo FDLR/FOCA bamanitse amaboko, bishyikiriza Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC. Bari bafite imbunda 73....